Monday, June 30, 2025
  • Login
IBENDERA.COM
Advertisement
  • Home
  • Mu Rwanda
  • HANZE
  • UBUZIMA
  • IYOBOKAMANA
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • AMATANGAZO
No Result
View All Result
  • Home
  • Mu Rwanda
  • HANZE
  • UBUZIMA
  • IYOBOKAMANA
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • AMATANGAZO
No Result
View All Result
IBENDERA.COM
No Result
View All Result
  • Home
  • Mu Rwanda
  • HANZE
  • UBUZIMA
  • IYOBOKAMANA
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • AMATANGAZO
Home IMYIDAGADURO

Iby’urukundo rwa Christopher n’Umunyamakuru Martina bigiye ahagaragara

Anaclet NTIRUSHWA by Anaclet NTIRUSHWA
2022/02/25
in IMYIDAGADURO
0
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on Twittershare on googleshare on whatsap

Umuhanzi Christopher MUNEZA wamenyekanye nka Christopher mu muziki nyarwanda amaze kuvuga ko nta rukundo ruri hagati ye n’umunyamakuru Abera Martina wa RBA ko ahubwo icyo bafitanye ari ubushuti busanzwe

Ni ibintu byari bimaze iminsi bicicikana ku mbuga nkoranyambaga aho abantu bamwe na bamwe bakundaga kwibaza niba Martina na Christopher koko bakundana uyu munsi rero ubwo yari mu kiganiro kuri Radio ya Kiss Fm Christopher akaba yatanze umurongo kuri iki kibazo aho yavuze ko badakundana bya couple ko ahubwo ari inshuti zisanzwe.

IZINDI NKURU WASOMA

Paul Rutikanga wa RBA yasezeranye n’umukobwa bahuriye ku gishushu(Amafoto)

Inkuru ibabaje kuri AmaG The Black

Ibi byabaye mu kiganiro Breakfast with the stars kuri Kiss Fm aho Christopher yari yatumiwe nk’umutumirwa w’umunsi.

Christopher yakomeje avuga ko ari mu rukundo n’umukobwa ndetse ko bamaranye imyaka 6. Mu byo yamukundiye, Christopher yavuze ko ari ukuba atabyibushye ndetse no kuba yirabura. Christopher yabisobanuye mu magambo agira ati « Nkunda abakobwa bari dark skinned, abantu batabyibushye cyane batanananutse of course… ».

Nubwo yavuze gutya ariko usubije amaso inyuma hari ibimenyetso bishobora gutuma abantu bakomeza gutekereza ko byaba ari bimwe byo kujijisha by’abahanzi cyane ko atigeze anahishura izina ry’uyu mukobwa bakundana.

Ibimenyetso bishobora gutuma abantu bakomeza gukeka ko aba bantu bakundana nubwo Christopher yabihakanye ni ibi:

Ibiranga umukobwa yavuze akunda Abera Martina niko ateye

Abantu bakunze kuvuga ko aba bombi bamaranye imyaka 6 bakundana kandi nawe avuga ko uwo bakundana bamaranye iyi myaka

Nta wakwibagirwa ko hari abandi bahanzi bakunze kuvugwa ko bari mu rukundo bakabihakana nyamara bikaza kurangira babanye urugero rwa hafi akaba ari umuhanzikazi BUTERA Knowles na ISHIMWE Clement aho bavuzwe bigatinda ariko ngo nta nzu ishya ngoihishe umwotsi.

Umuhanzi Christopher MUNEZA wamenyekanye nka Christopher
Umunyamakuru Abera Martina wa RBA

 

Facebook Comments Box

Related Posts

HOME

Paul Rutikanga wa RBA yasezeranye n’umukobwa bahuriye ku gishushu(Amafoto)

June 27, 2025
1.4k
HOME

Inkuru ibabaje kuri AmaG The Black

May 18, 2025
1.4k
HOME

DJ Ira yahawe ubwenegihugu bw’u Rwanda

April 16, 2025
1.4k
HOME

David BAYINGANA mu rukundo rushya (Amafoto)

February 3, 2025
1.4k

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZIGEZWEHO

Paul Rutikanga wa RBA yasezeranye n’umukobwa bahuriye ku gishushu(Amafoto)

June 27, 2025

Trump na Macron umwe yibasiye undi

June 17, 2025

Amajyepfo: Umusaza yatahanye indaya imupfiraho

May 30, 2025

Umugore mu kaga nyuma yo kugurisha umwana we ku mupfumu 

May 30, 2025

Kigali:Agakiriro ka Gisozi kongeye gushya

May 30, 2025

Amashuri y’imyuga si ay’abaswa, iyi myumvire ihinduke-RTB

May 29, 2025

Kigali: Umugore w’uburanga yibye inkumi zari zambariye Umugeni

May 18, 2025

Inkuru ibabaje kuri AmaG The Black

May 18, 2025

Ntibishoboka:Umugore warumaze imyaka 60 yarabuze, yagaragaye ari muzima 

May 6, 2025

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Facebook Twitter Youtube Instagram LinkedIn

ABO TURI BO

  1. IBENDERA.COM ni igitangazamakuru cya IBENDERA NEWS AGENCY gikorera kuri murandasi (internet) kikaba kibarizwa mu Rwanda, mu mujyi wa KIGALI. Dutangaza Inkuru z’amahoro kandi zishingiye ku kuri. Turataara, tugatunganya hanyuma tugatangaza Inkuru zo ku isooko. Icyubahiro, Agaciro n’imibereho myiza ya muntu niyo ntero yacu!

IBYO DUKORA

  1. -Kwamamaza
    -Video production
    -Photography
    -Live streaming
    -Web development
    -Hosting
    -Domain registration
    -Amatangazo/Cyamunara
    -Wedding videography
    -Covering/Reporting news

CONTACT

Niba ushaka gutanga amakuru n’ubuhamya cg ukaba wifuza ubuvugizi ushobora kutwandikira cg ukaduhamagara kuri address zikurikira:

E-mail: [email protected]
or [email protected]
Ushobora kuduhamagara cg ukatubona kuri whatsap number: +250781807740
or +250728821308

© 2022 All Right Reserved IBENDERA.COM

No Result
View All Result
  • Home
  • Mu Rwanda
  • HANZE
  • UBUZIMA
  • IYOBOKAMANA
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • AMATANGAZO

© 2022 All Right Reserved IBENDERA.COM

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In