Monday, June 30, 2025
  • Login
IBENDERA.COM
Advertisement
  • Home
  • Mu Rwanda
  • HANZE
  • UBUZIMA
  • IYOBOKAMANA
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • AMATANGAZO
No Result
View All Result
  • Home
  • Mu Rwanda
  • HANZE
  • UBUZIMA
  • IYOBOKAMANA
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • AMATANGAZO
No Result
View All Result
IBENDERA.COM
No Result
View All Result
  • Home
  • Mu Rwanda
  • HANZE
  • UBUZIMA
  • IYOBOKAMANA
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • AMATANGAZO
Home NTIBISANZWE HOME

Kayonza: Hari abakobwa biteje imbere binyuze mu kazi ko kotsa inyama

Anaclet NTIRUSHWA by Anaclet NTIRUSHWA
2023/06/14
in HOME, AMAKURU, IMIKINO
0
1.4k
VIEWS
Share on FacebookShare on Twittershare on googleshare on whatsap

Musengimana Shakila ukora akazi ko kotsa inyama avuga ko bimaze kumuteza imbere kuko abona amafaranga yo kwishyura ubwisungane mu kwivuza akaba atakirembera mu rugo nk’uko byahoze mbere.

Musengimana Shakila akora akazi ko kotsa inyama mu mujyi wa Kayonza, ni umwe mu bagore bazwi kandi ugira abakiriya cyane, aho abenshi bamukundira ko yotsa inyama ari umugore, yagize ati: “Hari umushinga witwa ‘Ubakejo’ waje udushyira mu mashyirahamwe nguzamo amafaranga, njya no mu baturanyi mfatamo ideni ntekereza kwihangira umurimo njya kwiga kotsa inyama, ubu ndi umubyeyi wihangiye umurimo nkakora ibyo abantu bose babona ko ari iby’abagabo.”

IZINDI NKURU WASOMA

Paul Rutikanga wa RBA yasezeranye n’umukobwa bahuriye ku gishushu(Amafoto)

Trump na Macron umwe yibasiye undi

Musengimana yemeza ko aka kazi yinjiyemo kamutunze n’umuryango we, yakomeje agira ati: “Aka kazi ntabwo abantu benshi bagakunda kuko byanduza ariko njyewe mbiha agaciro, ndikorera kereka iyo mfite abakiriya benshi nibwo nshaka umuntu umfasha, ubu nageze kuri byinshi nkesha kuba narafashijwe kwitinyuka, mbere nari mu cyiciro cya mbere(Ubudehe) ariko mfite intego yo kujya mu cya gatatu nkajya nishyurira abaturage nka batatu mituweli.”

Umuyobozi w’Akarere ka Kayonza Nyemazi John Bosco yemeza ko politike nziza y’igihugu cy’u Rwanda iha amahirwe angana kuri buri wese nta gutoranya bigatuma buri wese yakora icyo ashoboye nta rwikango,

yakomeje agira ati: “Uyu munsi ntabwo umugore agitega amaboko umugabo we ahubwo arahaguruka agakora, agafatanya na wa mugabo kubaka rwa rugo.”

Mur’aka karere bamwe mu bagabo bahatuye nabo bemeza ko iterambere ry’umuryango rigirwamo uruhare n’umugabo n’umugore.

Facebook Comments Box

Related Posts

HOME

Paul Rutikanga wa RBA yasezeranye n’umukobwa bahuriye ku gishushu(Amafoto)

June 27, 2025
1.4k
HOME

Trump na Macron umwe yibasiye undi

June 17, 2025
1.4k
HOME

Amajyepfo: Umusaza yatahanye indaya imupfiraho

May 30, 2025
1.4k
HOME

Umugore mu kaga nyuma yo kugurisha umwana we ku mupfumu 

May 30, 2025
1.4k

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZIGEZWEHO

Paul Rutikanga wa RBA yasezeranye n’umukobwa bahuriye ku gishushu(Amafoto)

June 27, 2025

Trump na Macron umwe yibasiye undi

June 17, 2025

Amajyepfo: Umusaza yatahanye indaya imupfiraho

May 30, 2025

Umugore mu kaga nyuma yo kugurisha umwana we ku mupfumu 

May 30, 2025

Kigali:Agakiriro ka Gisozi kongeye gushya

May 30, 2025

Amashuri y’imyuga si ay’abaswa, iyi myumvire ihinduke-RTB

May 29, 2025

Kigali: Umugore w’uburanga yibye inkumi zari zambariye Umugeni

May 18, 2025

Inkuru ibabaje kuri AmaG The Black

May 18, 2025

Ntibishoboka:Umugore warumaze imyaka 60 yarabuze, yagaragaye ari muzima 

May 6, 2025

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Facebook Twitter Youtube Instagram LinkedIn

ABO TURI BO

  1. IBENDERA.COM ni igitangazamakuru cya IBENDERA NEWS AGENCY gikorera kuri murandasi (internet) kikaba kibarizwa mu Rwanda, mu mujyi wa KIGALI. Dutangaza Inkuru z’amahoro kandi zishingiye ku kuri. Turataara, tugatunganya hanyuma tugatangaza Inkuru zo ku isooko. Icyubahiro, Agaciro n’imibereho myiza ya muntu niyo ntero yacu!

IBYO DUKORA

  1. -Kwamamaza
    -Video production
    -Photography
    -Live streaming
    -Web development
    -Hosting
    -Domain registration
    -Amatangazo/Cyamunara
    -Wedding videography
    -Covering/Reporting news

CONTACT

Niba ushaka gutanga amakuru n’ubuhamya cg ukaba wifuza ubuvugizi ushobora kutwandikira cg ukaduhamagara kuri address zikurikira:

E-mail: [email protected]
or [email protected]
Ushobora kuduhamagara cg ukatubona kuri whatsap number: +250781807740
or +250728821308

© 2022 All Right Reserved IBENDERA.COM

No Result
View All Result
  • Home
  • Mu Rwanda
  • HANZE
  • UBUZIMA
  • IYOBOKAMANA
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • AMATANGAZO

© 2022 All Right Reserved IBENDERA.COM

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In