Monday, June 30, 2025
  • Login
IBENDERA.COM
Advertisement
  • Home
  • Mu Rwanda
  • HANZE
  • UBUZIMA
  • IYOBOKAMANA
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • AMATANGAZO
No Result
View All Result
  • Home
  • Mu Rwanda
  • HANZE
  • UBUZIMA
  • IYOBOKAMANA
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • AMATANGAZO
No Result
View All Result
IBENDERA.COM
No Result
View All Result
  • Home
  • Mu Rwanda
  • HANZE
  • UBUZIMA
  • IYOBOKAMANA
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • AMATANGAZO
Home NTIBISANZWE HOME

Rusizi:Umusore na Nyina bakurikiranweho icyaha cyo gusambanya umwana

Anaclet NTIRUSHWA by Anaclet NTIRUSHWA
2024/09/10
in HOME, AMAKURU
0
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on Twittershare on googleshare on whatsap

Umusore witwa Iberabose Hakim na Nyina batawe muri yombi na RIB aho bakurikiranweho icyaha cyo gusambanya ku ngufu umwana w’imyaka 15

Iberabose Hakim w’imyaka 19 na Nyina bafungiye kuri Sitasiyo y’Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB) ya Gashonga mu Karere ka Rusizi, aho uyu hakim akurikiranweho icyaha cyo gusambanya umukobwa w’imyaka 15 y’amavuko.

IZINDI NKURU WASOMA

Paul Rutikanga wa RBA yasezeranye n’umukobwa bahuriye ku gishushu(Amafoto)

Trump na Macron umwe yibasiye undi

Ibi byabereye mu mudugudu wa Mugonero, Akagari ka Kabuye, Umurenge wa Nyakarenzo, aho uyu mukobwa wasambanyijwe yiga mu mwaka wa mbere w’amashuri yisumbuye .

Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Nyakarenzo, Ntawizera Jean Pierre yemereye UMUSEKE ko umuhungu na Nyina bakekwaho gusambanya n’ubufatanyacyaha.

Agira ati:“Nibyo, byabaye ku itariki 5 Nzeri 2024 batawe muri yombi, nyina ashinjwa ubufatanyacyaha, umuhungu we Iberabose Hakim w’imyaka 19 agashinjwa gusambanya uwo mukobwa w’imya 15 w’umunyeshuri.”

Ntawizera Jean Pierre, yakomeje avuga ko uwo mukobwa wita umuhungu inshuti ye, biriranywe mu murima bagataha ku muhungu. Bimenyekanye ko bari mu nzu umuhungu yashatse gucika ariko arafatwa.

Umukobwa yajyanywe kwa muganga ariko aza kubaca mu rihumye yisubirira mu nzu barimo we n’umuhungu.

Ati:“Bari biriranywe mu murima batashye bajya kurya iwabo w’umuhungu, barira mu kazu ke abana babacunze binjiye mu cyumba barakinga baratabaza. Umuhungu yashatse gucika arafatwa n’umukobwa ajyanywa kwa muganga, aracika asubira ku muhungu bamukingirana mu nzu.”

Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Nyakarenzo yasabye abaturage gutangira amakuru ku gihe, no kudahishira cyangwa ngo bafatanye n’abakora ibyaha.

Facebook Comments Box

Related Posts

HOME

Paul Rutikanga wa RBA yasezeranye n’umukobwa bahuriye ku gishushu(Amafoto)

June 27, 2025
1.4k
HOME

Trump na Macron umwe yibasiye undi

June 17, 2025
1.4k
NTIBISANZWE

Amajyepfo: Umusaza yatahanye indaya imupfiraho

May 30, 2025
1.4k
HOME

Umugore mu kaga nyuma yo kugurisha umwana we ku mupfumu 

May 30, 2025
1.4k

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZIGEZWEHO

Paul Rutikanga wa RBA yasezeranye n’umukobwa bahuriye ku gishushu(Amafoto)

June 27, 2025

Trump na Macron umwe yibasiye undi

June 17, 2025

Amajyepfo: Umusaza yatahanye indaya imupfiraho

May 30, 2025

Umugore mu kaga nyuma yo kugurisha umwana we ku mupfumu 

May 30, 2025

Kigali:Agakiriro ka Gisozi kongeye gushya

May 30, 2025

Amashuri y’imyuga si ay’abaswa, iyi myumvire ihinduke-RTB

May 29, 2025

Kigali: Umugore w’uburanga yibye inkumi zari zambariye Umugeni

May 18, 2025

Inkuru ibabaje kuri AmaG The Black

May 18, 2025

Ntibishoboka:Umugore warumaze imyaka 60 yarabuze, yagaragaye ari muzima 

May 6, 2025

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Facebook Twitter Youtube Instagram LinkedIn

ABO TURI BO

  1. IBENDERA.COM ni igitangazamakuru cya IBENDERA NEWS AGENCY gikorera kuri murandasi (internet) kikaba kibarizwa mu Rwanda, mu mujyi wa KIGALI. Dutangaza Inkuru z’amahoro kandi zishingiye ku kuri. Turataara, tugatunganya hanyuma tugatangaza Inkuru zo ku isooko. Icyubahiro, Agaciro n’imibereho myiza ya muntu niyo ntero yacu!

IBYO DUKORA

  1. -Kwamamaza
    -Video production
    -Photography
    -Live streaming
    -Web development
    -Hosting
    -Domain registration
    -Amatangazo/Cyamunara
    -Wedding videography
    -Covering/Reporting news

CONTACT

Niba ushaka gutanga amakuru n’ubuhamya cg ukaba wifuza ubuvugizi ushobora kutwandikira cg ukaduhamagara kuri address zikurikira:

E-mail: [email protected]
or [email protected]
Ushobora kuduhamagara cg ukatubona kuri whatsap number: +250781807740
or +250728821308

© 2022 All Right Reserved IBENDERA.COM

No Result
View All Result
  • Home
  • Mu Rwanda
  • HANZE
  • UBUZIMA
  • IYOBOKAMANA
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • AMATANGAZO

© 2022 All Right Reserved IBENDERA.COM

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In